Amakuru
Ikoranabuhanga ryatumye imirimo y’Ishyaka ikomeza mu gihe cya Covid-19
Ikoranabuhanga ni imwe mu nzira zatumye Ishyaka PS IMBERAKURI rikomeza kwegera abarwanashyaka baryo muri iki gihe U Rwanda n’Isi bihanganye ni cyorezo cya Covid-19 mu rwego rwo guhugurana ku (...)
Prof Dusingizemungu, Mporanyi na Mureshyankwano mu bakandida bashya bazavamo abasenateri
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’abakandida bemejwe n’Urukiko rw’Ikirenga bemerewe kwiyamamariza ubusenateri mu matora yo muri Nzeri 2019, azagena abasenateri muri manda (...)
Ishyaka PS Imberakuri ryishimiye iyongerwa ry’umushahara wa mwarimu
Ishyaka PS Imberakuri ryishimiye imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 28 Mutarama 2019 iyobowe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame. Imwe mu myanzuro yafashe hari ukongerera abarimu (...)
Abakandida bigenga bashaka kwiyamamaza mu matora ya Perezida bagiye guhura n’igerageza rya mbere
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko abakandida bigenga bashaka kuziyamamaza mu itora rya Perezida wa Repubulika, bagiye gutangira gushakisha urutonde rw’abantu 600 bashyigikira kandidatire (...)
Perezida Jacob Zuma yasubitse ijambo nyuma yo kumwazwa
Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yasubitse ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’abakozi nyuma yo kumwazwa n’abakozi bamusaba kwegura. Ibi byakurikiye kandi imvururu hagati y’abashyigikiye Zuma (...)
Abadepite batanu b’u Rwanda ntibemerewe gusubira muri EALA
U Rwanda rwatangiye gutoranya abadepite icyenda bagomba kuruhagararira mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA), aho batanu mu basanzwe baruhagarariye batemerewe (...)
Abakandida mu matora yo mu Bufaransa
Abakandida n’amashyaka yabo: Marine Le Pen, Front National Marine Le Pen ifoto AFP Yasimbuye se ku buyobozi bw’ishyaka rya Front National muri 2011 maze aza ku mwanya wa gatatu mu matora (...)
Intwari ni isangira n’abandi ubumenyi ifite- Prof Dusingizemungu
Urubyiruko rukwiye gusangiza ubumenyi rufite abatabufite, kutiharira ubumenyi ngo ni ubutwari. Abanyeshuri muri UNIK bitabiriye ibi biganiro.Bemezako ubutali bukwiye ku bana b’u Rwanda Ibi (...)
Hari impinduka zikenewe ngo AU irusheho kugira imbaraga :Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame kuri iki cyumweru yerertse abakuru b’ibihugu na za Guverinoma muri Africa, ko hari impinduka zikwiye gukorwa kugira ngo Umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU) urusheho (...)